Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasabye abakuru b’ibihugu na ba za Guverinoma bateraniye mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, guhagarika guha intwaro impande zihanganye muri ...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yakiriye mugenzi we wa Seychelles, Brigadier Michael Rosette n’itsinda ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we Seychelles, Commissioner Ted Barbe ku ...
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rwimiyaga, bavuga ko bahangayikishijwe n'uko batakibona umuriro w'amashanyarazi kandi bari basanzwe bawufite, ubu bakaba bamaze ukwezi badacana.
Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga barasaba Leta kwihutisha ikoreshwa ry’Inkoranyamagambo y’Ururimi rw’Amarenga igizwe n’amagambo ibihumbi bitatu, imaze umwaka ikozwe ariko bakaba barayiburiye ...
Umuhanzi Icyishatse David wamamaye mu muziki nka Davis D yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu rugendo rw’umuziki no kumurikira abakunzi be ibyo yagezeho muri iyo myaka.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yerekanye ubunararibonye bw’u Rwanda mu gukoresha uburere mboneragihugu mu guhangana n’imvugo z’urwango n’amacakubiri.
Abivuriza ku Bitaro bya Mugonero bagaragaje ko bizeye guhabwa serivisi z’ubuvuzi zibanyuze nyuma y’uko kuri ibi bitaro huzuye inzu y’ababyeyi ifite ubushobozi bwo kwakira umubare w’abikubye kabiri ku ...